Nyiricyubahiro Musenyeri Visenti HAROLIMANA, Umwepiskopi wa Diyosezi ya Ruhengeri
yayoboye inteko rusange ya 14 ya Caritas ya Diyosezi ya Ruhengeri. 2023-12-04 |
Ku cyumweru tariki ya 19/11/2023 muri Paruwasi ya Kinoni hizihirijwe Umunsi Mpuzamahanga
w’Abakene ku nshuro ya karindwi ku rwego rwa Diyosezi ya Ruhengeri. 2023-11-30 |
Ku wa gatanu, tariki ya 24 Ugushyingo 2023, mu Rwunge rw’amashuri rwa Nyakinama ya I,
hahimbajwe umunsi mukuru wa Kristu Umwami, waragijwe iryo Shuri. 2023-11-24 |
« Dukunde, dushime, dukuze Mariya ». Ayo ni amwe mu magambo Padiri Gilbert Biziyaremye
(umusaseridoti wa Arkidiyosezi ya Kigali) yabwiye abakristu ba Paruwasi Gatolika ya Butete ku
wa gatandatu tariki 18 Ugushyingo 2023 mu kiganiro yabagejejeho ku nyigisho za Kiliziya
Gatolika zerekeye Bikira Mariya, Umubyeyi muhire w’Imana n’uwacu. 2023-11-21 |
Ku cyumweru, tariki ya 12 Ugushyingo 2023, Nyiricyubahiro Musenyeri Visenti
HAROLIMANA, Umushumba wa Diyosezi gatolika ya Ruhengeri, yifatanyije n’abakristu ba
Paruwasi ya Kampanga gutura igitambo cya Misa, aho yahimbaje Misa ya kabiri (i saa yine) ari
kumwe na Padri mukuru w’iyo Paruwasi, Théoneste MUNYANKINDI. 2023-11-20 |
Hari igihe umukristu aba afite gahunda yo gusenga yerekeje umutima we wose ku Mana, ariko akaba
yahura n’ikigeragezo cyo kurangara. Ibyo bikunze kutubaho iyo turi gusenga turi no gutekereza
ibindi bintu bidafite aho bihuriye n’isengesho. 2023-11-07 |
Umuhango wo gufungura ku mugaragaro umwaka w’amashuri wa 2023/2024 wabereye mu
gitambo cya Misa cyayobowe na Nyiricyubahiro Musenyeri Visenti HAROLIMANA
Umwepiskopi wa Diyosezi ya Ruhengeri ku cyumweru, tariki ya 05/11/2023. 2023-11-07 |
Ku cyumweru, tariki ya 22/10/2023, Paruwasi ya Butete yahimbaje umunsi mukuru wa Mutagatifu Yohani Pawulo wa II, umurinzi n’umuvugizi wayo. Ni umunsi muhire wahuriranye 2023-11-02 |
Ku cyumweru, tariki ya 29/10/2023, Nyiricyubahiro Musenyeri Visenti Harolimana, Umwepiskopi wa Diyosezi ya Ruhengeri yafunguye ku mugaragaro urugo rushya rw’ababikira 2023-11-02 |
Ku wa gatanu, tariki ya 27/10/2023, muri INES-Ruhengeri habereye ibirori byo gutanga impamyabumenyi ku banyeshuri 827 barirangirijemo amasomo ku nshuro ya 15 mu byiciro 2023-10-28 |